Ubuyobozi bwa APR FC bwashyize umucyo ku kibazo cyo kujya gukina muri Congo
Umunyamabanga wa APR FC urimo ukora nka Chairman, Col Rtd Vincent Mugisha yavuze ko iyi kipe izajya gukina muri DR Congo na Aigles du Congo umukino ubanza w'ijonjora ry'ibanze rya CAF Champions League. Ni nyuma y'uko APR FC yari yandikiye CAF iyisaba ko umukino bafitanye n'iyi kipe bitewe n'ibibazo by'umutekano, icyorezo cya Ebola, uyu mukino washyirwa ahandi ndetse akaba ari ho hanabera umukino wo kwishyura, gusa ibatera utwatsi. CAF yayibwiye ko impamvu zayo zidafite ishingiro igomba (…) - Siporo / Featured , Highlight Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri ISIMBI.



