Abagabo bafatanywe udupfunyika tw’urumogi n’ingurube y’inyibano

Kamonyi: Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo, ku bufatanye n’inzego z’ibanze, RIB n’abaturage, yafashe abagabo bababiri umwe akekwaho ibikorwa by’ubujura burimo n’ubw’amatungo, mu gihe undi yafatanywe urumogi. Hakizimana w’imyaka 26 yafatiwe mu rugo rwe mu Mudugudu wa Bihenga, Akagari ka Kabugondo, Umurenge wa Mugina, Akarere ka Kamonyi, kuri uyu wa 14 Nzeri 2026. Yafatanywe udupfunyika 135 […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.



