Nyanza: Umugabo yapfuye bitunguranye, abaturage bakeka ko yishwe
Sibomana Emile wo mu Mudugudu wa Gatagara, Akagari ka Gatagara, Umurenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza, yasanzwe imbere y’urugo rwe arembye nyuma aza gupfa. Abaturage bamusanze imbere y’umuryango w’urugo rwe, bamujyana kwa muganga, ariko ahita yitaba Imana. Bamwe mu baturage bavuga ko bakeka ko yaba yishwe, nubwo icyateye urupfu rwe ntikiramenyekana. Umuvugizi wa Polisi […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.




