Perezida Ndayishimiye yashyizeho miliyoni 500 kuzafata umuntu utwika amasoko

Perezida w’ u Burundi, Évariste Ndayishimiye yatangaje ko Leta ayoboye yashyizeho amafaranga miliyoni 500 z’amafaranga y’u Burundi ku muntu wese uzafata umuntu utwika isoko, ko kandi uzafatwa azashinjwa iterabwoba. Ndayishimiye yabitangaje ku wa Kane tariki ya 27 Kanama 2026 ubwo yatangiza amahgurwa y’iminsi ibiri y’Urubyiruko rw’Imbonerakure rushakimikiye ku Ishyaka CNDD-FDD. Mu Gitega bimwe Ndayishimiye yahavugiye […] Kanda hano usome ibikurikira →
Inkuru yose iri kuri UMUSEKE.
