Shakira na Burna Boy bitegura gususurutsa abazitabira umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi 2026
Shakira na Burna Boy bahuriye mu myitozo n’itsinda ry’ababyinnyi b’abana rya Ghetto Kids ryo muri Uganda, mu rwego rwo gutegura igitaramo kizaba mu kiruhuko cy’igice cya mbere cy’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi cya FIFA 2026.

Abahanzi bakomeye ku rwego mpuzamahanga, Shakira na Burna Boy, bari mu myiteguro ya nyuma y’igitaramo gitegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru ku isi, kizabera kuri Stade ya MetLife i New York. Amafoto yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza aba bahanzi bari kumwe na Ghetto Kids, itsinda ry’abana b’ababyinnyi bo muri Uganda rimaze kwamamara ku isi kubera impano zaryo mu kubyina. Iki gitaramo kizaba ku Cyumweru mu gihe cy’umukino wa nyuma w’Igikombe cy’Isi 2026 uzahuza Argentine na Espagne, aho biteganyijwe ko aba bahanzi bazaririmba indirimbo “Dai Dai” bakoranye. Shakira,…
Iyandikishe kuri YEGOB uhebwe,
Usoma inkuru zose za YEGOB, ujye ubona amakuru mashya yako kanya kandi ubone amahirwe yo kwandika inkuru ikwinjiriza amafaranga uko isomwe.
Usanzwe ufite konti? Injira
Les articles publiés par les utilisateurs engagent uniquement leurs auteurs. YEGOB n’est pas responsable des opinions, informations ou contenus publiés par les utilisateurs. Si un contenu porte atteinte à vos droits ou enfreint la loi, contactez-nous : nous l’examinerons et, si nécessaire, le supprimerons dans les meilleurs délais.






No comments yet. Be the first.